Indyoheshabirayi Co. LTD TEL: +250 788300470 AHO UZAKORERA: Umurenge Wa GITI, Akarere Ka GICUMBI
Indyoheshabirayi Co. LTD TEL: +250 788300470 AHO UZAKORERA: Umurenge Wa GITI, Akarere Ka GICUMBI
Indyoheshabirayi Co. LTD TEL: +250 788300470 AHO UZAKORERA: Umurenge Wa GITI, Akarere Ka GICUMBI
LTD
TEL : +250 788300470
UKWIZAGIRA Gaston
Ukuboza 2020
INCAMAKE
• Uyu mushinga ugamije ubworozi bw’ingurube bwa kijyambere, kandi ufitre ibyiciro bibiri :
• Icyciro cyo gukwiza icyororo cy’ingurube : kizakwiza mu borozi bo mu karere icyororo
cy’ingurube, ibyana by’ingurube by’amezi 2, by’ubwoko butanga umusaruro mwiza (LARGE
WHITE).
• Icyiciro cyo korora neza ingurube zo kubaga : kizorora ingurube kizigaburira neza, kugira ngo zibe
zibyibushye bihagije , ku buryo zabagwa .
• Umushinga uzakoresha uburyo bwo kororera amatungo menshi ahantu hato (élevage intensif,
ukoresheje ubwoko bw’amatungo butanga umusaruro ushimishije, -aha ni LARGE WHITE--,
akagaburirwa neza ibiryo bihagije ku rugero , kandi bifite ibya ngombwa byose, zororewe
ahantu hakwiye kandi hagenzurwa bihagije ; Umushinga ugacungwa neza ku buryo uzatanga
umusaruro mwiza ku mpande ebyiri : utugurube duto tw’inyagazi dutangwaho icyororo,
n’ingurube zibyibushye zo kubagwa.
• Hari ingorabahizi ubusanzwe zibangamira iterambere ry’ubworozi bw’u Rwanda muri rusange,
n’ubw’ingurube ku buryo bw’umwihariko. Ni eshanu: izerekeranye n’ibiryo by’amatungo, isuku
n’indwara, ubwoko bw’amatungo, izijyanye no kongerera agaciro amatungo no kuyabyaza
umusaruro.
• Kugira ngo umushinga ushobore kugira icyo ugeraho kigaragara, uzagomba guhangana no
kwigizayo izo ngorabahizi zose. Uzabishobora kandi, kubera ko ubifitiye ingamba , cyane cyane ko
nyira wo abifitemo uburambe bihagije, kandi akaba azitabaza n’impuguke zizewe.
INCAMAKE (Ibikurikira)
•Amafaranga azagenda ku mushinga ni 14.676.000 Frw.
•Igice kimwe cyayo kizaturuka kuri nyir’umushinga ubwe, iindi gitangwe na Banki y’ubucuruzi yo mu gihugu,
giherekejwe n’inkunga y’umushinga ya BDF.
• Uruhare rwa nyir’umushinga rurangana n’amafaranga 4.676.000 Frw, ni ukuvuga 32 % by’amafaranga
azagenda ku mushinga yose; naho amafaranga azaturuka hanze y’umushinga azaba 10.000.000 Frw, ni
ukuvuga 68 % by’amafaranga yose.
•6.000.000 Fr zizaturuka kuri Banki, ari inguzanyo izishyurwa mu myaka itanu, asigaye
•4.000.000 Frw, ni ukvuga 32% by’amafaranga azaturuka hanze y’umushinga, atangwe na BDF ibinyujije kuri
gahunda yayo yo gushyigikira ishoramari ryo mu byaro ; aya yo azaba ari inkunga itishyurwa.
•Nta shiti ko umushinga uzunguka, kuko, mu mwaka wawo wa mbere ubwawo, uzaba ufite Inyungu ivangiye
(marge brute) , mbere yo kwishyura imisoro, ingana na 8.422.000 Frw, kandi ufite
•ikigereranyo cyo kwunguka (Ikigereranyo cy’uburyo umushinga uzabyara inyungu (taux de rentabilité
interne) kingana na 29,3 %, , bigaragara ko kiruta rwose igisanzwe ku isoko ry’imari ( marché financier)
ryo mu gihugu imbere (16%).
•Ingwate zizatangwa ku nguzanyo zirusha agaciro bigaragara amafaranga azagurizwa nyir’umushinga :
8.258.884 Frw, ni ukuvuga 10 000 000 Frw y’inguzanyo ubwayo na
•2.158.884 Frw y’inyungu mu gihe cy’imyaka 3
IRIBURIRO
•ikibazo cy’ubucye bwa proteyine zikomoka ku matungo mu mirire y’abaturage gihangayikishije Leta y’u
Rwanda kuko idasiba gukangurira abaturarwanda kwita ku mirire myiza harwanywa bwaki n’igwingira rikiboneka
mu bana bakiri bato.
•Koko rero, uko ibintu byifashe ubu, isuzuma ry’ibiribwa by’abantu bituruka ku matungo rigaragaza ko umusaruro
w’igihugu ubwawo utanga 50% gusa bya proteyine zikomoka ku nyamaswa zikenewe n’abaturage.
• Nyamara kandi, hakurikijwe imibare ya FAO, mu Rwanda, ubworozi bwonyine bwagombye gutanga 10%
by’ibikenewe muri proteyine , ni ukuvuga garama 6 ku munsi kuri buri muntu .
•Birasanzwe, igihe cyose n’ahantu hose, uruhare rw’ubworozi mu gutanga ibitunga abantu ni indasimburwa.
Nyamara mu Rwanda, ntirubasha gutanga ibiribwa byose abaturage babukeneyeho .
•Muri rusange twavuga ko hari icyuho mu mirire y’abaturage, kigereranywa na garama 2,4 ku muturage kandi ku
munsi .
•Kubera icyo kibazo, kandi ihereye ku nshingano yayo yo gutanga amerekezo mu nzego zinyuranye z’ubuzima
bw’Igihugu, Leta y’u Rwanda, ibinyujije kuri Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi ifite nyine mu nshingano zayo
guteza imbere ubworozi, imaze gushyiraho gahunda inoze y’igihugu yo guteza imbere ubworozi.
•Iyo gahunda, ku byerekeranye no guteza imbere umusaruro w’ubworozi, yibanda kuri politiki yo gushyira
imbere ubuzobere (spécialisation) no guharira uturere ibikorwa by’ubworozi biberanye na two
(régionalisation).
• Icyo gitekerezo cy’ubuzobere gisaba ko ubworozi bw’inka bwagombye kwibanda ku guteza imbere umusaruro
w’amata, ubw’amatungo atuza (monogastriques) (ingurube, ibiguruka, inkwavu) bukibanda ku guteza imbere
umusaruro w’inyama, naho ubw’amatungo mato yuza (ihene intama.) bukibanda ku guteza imbere umusaruro
w’amata n’inyama
•
I. IBIRANGA NYIR’UMUSHINGA
1.1. AMAZINA: UKWIZAGIRA Gaston
1.2. ICYICARO CY’UMUSHINGA
• AKAGARI KA RWESERO
• UMURENGE WA RUTARE
• AKARERE KA GICUMBI
• INTARA Y’AMAJYARUGURU
1.3. AHO IBIKORWA BY’UMUSHINGA BIGERA
Ibikorwa by’umushinga bizagera mu mirenge 3 igize akarere ka Gicumbi ni ukuvuga:
Rutare, Giti na Byumba.
1.4. UBURAMBE N’AMATEKA Y’UMUSHINGA
INDYOHESHABIRAYI CO. LTD yashinzwe mu mpera z’umwaka wa 2019, nyirawo amaze
kugira igitekerezo cyo korora bya kijyambere ingurube Nyirawo, Bwana UKWIZAGIRA
Gaston afite uburambe buhagije mu birebana n’ubworozi bw’amatungo magufi, kandi
azitabaza n’impuguke zizewe.
2. Intego z’umushinga
S
Strength (Imbaraga)
• Gaston afite Uburambe mu mushinga
y’ubworozi
• Dushyigikiwe n’ubuyobozi bw’Akarere
W Weakness (Intege nke)
• Umushinga uracyari mushya
• Kubona amatungo meza
• Dufite ahantu hahagije ho kororera
• Dufite ubwoko bwiza bw’amatungo
biragorana
• Kudakora ingendo shuri
(white large)
O Opportunity (Amahirwe)
• Dufite BDF yiteguye kudutera
inkunga
T Threat (Imbogamizi)
• Indwara zibasira amatungo
• Abakeba benshi ku isoko
• Banki ziteguye kuduha inguzanyo • Ibyo kurya by’amatungo
• Isoko ry’inyama irahari biracyahenze cyane ku
• Dufite amahirwe yo kohereza isoko
hanze umusaruro wacu
4. INYIGO MU RWEGO RW’ISOKO
• Ku byerekeye amasoko, ingamba zizitabazwa zizaba izo kuyashakisha no kuyagezaho
umusaruro utagira amakemwa, ku biciro biri hasi byakurura umuguzi, kubera ko umushinga
uzihatira gucunga ibintu byawo neza, ugerageza kugabanya amafaranga agenda ku bikorwa,
no kugena igiciro kiwuha inyungu ugeraranije na ba mukeba.
• N’ubwo hari abakeba benshi, ntabwo babasha guhaza isoko!
5. INYIGO KU RWEGO RWA TEKINIKI
UBUTAKA
INZU
5.2. ITEGANYA BIKORESHO MURI PRODUCTION
Igiteranyo
5.3. ITEGANYA BIKORESHWA/RAW MATERIAL
Igiteranyo
5.4. ITEGANYA BIKORWA BIREBANA NA PRODUCTION
AMAFARNGA YA
IBIKORWA UMUBARE KIMWE AMAFARNGA YA BYOSE
IMASHINI Y’IKARAGIRO 1 12,000,000 12,000,000
IGITERANYO 20,000,000
6.2. Amafaranga akenewe nk’inguzanyo ya Bank
AGACIRO KA AGACIRO KA
IBYARIBYO UUBARE KIMWE BYOSE
KONGERA IBICUBA 30 100,000 3,000,000
KUGURA FRIGO NINI 1 800,000 800,000
UMUKAMO 7,348 230 1,690,000
AKABIDO KA 5 LTS 2,500 550 1,375,000
AKABIDO KA 3 LTS 2,500 350 875,000
UDUCUPA TWA YAOURT 2,000 130 260,000
IGITERANYO 8,000,000
6.2. INGUZANYO YA BANKI
1 1,263,807.07
2
832,112.41
3
315,970.43
6.5. Uko babara Inguzanyo isigara
0 8,000,000.00
1
5,793,177.10
2
3,154,659.54
3
0
6.6. Ubwisazure bw’imitungo iramba n’ibikoresho
12,000,000
IKAMYONETI 25% 1,250,000 1,250,000 1,250,000 1,250,000 1,250,000
5,000,000
FRIGO 25% 325,000 325,000 325,000 325,000 325,000
1,050,000
IBICUBA 25% 1,125,000 1,125,000 1,125,000 1,125,000 1,125,000
4,500,000
IGICURUZO CY’UMWAKA
6,956,800 Frw x 12 = 83,481,600
7.3. IBIPFUNYIKISHO (EMBALLAGE)
Share:
12.1. IGIPIMO KIMENYESHA IMYUNGUKIRE Y’UMUSHINGA
(RATIO DE RENTABILITE DU PROJET)
UKO BIKORWA:
URWUNGUKO/IGISHORO X100%
RESULTAT ANNUEL/ INVESTISSEMENT X100%
(1+12%)-p 0.89 0.79 0.71 0.64 0.57 0.51 0.45 0.40 0.36 0.32
(1+13%)-p 0.88 0.78 0.69 0.61 0.54 0.48 0.43 0.37 0.33 0.29 -
6,320,70 1,652,406.
ff((1+13%)-P 769,366 723,427 782,208 748,312 716,310 634,505 579,351 508,113 453,184 405,930 6 4,668,300.0 41
(1+15%)-P 0.86 0.76 0.66 0.57 0.50 0.43 0.38 0.33 0.28 0.25 -
5,835,48 (1,167,186.
FF(1+15%)-P 751,881 704,877 748,199 699,242 663,250 568,410 511,985 453,182 384,520 349,939 6 4,668,300.0 29)
1,652,406.
13% 2% 41
2,819,592.
70
0.59 1.172%
14.17%
• ICYITONDERWA: Kuko amafaranga agenda
ata agaciro, Igishoro cy’amafaranga
nashoye uyu munsi ntabwo ariko
azangarukira mu myaka icumi (10 ans) niyo
mpamvu dushaka ijanisha ry’uko urwunguko
mbona ruzahuzwa n’igishoro cyanjye . Ni
irihe rero iryo janisha ?
UKO BIKORWA:
• AMAFARANGA WUNGUTSE MU MWAKA WAMBERE UWUKUBYE NA
1/(1+…%)1
(FF/(1+…%)1+FF/(1+…)²+……………….FF/(1+….%)10) – INVESTISMENT =0
UMWANZURO
• Umushinga w’ikaragiro ry’amata ufite ubushobozi buhagije
bwo kwishyura inguzanyo nta mananiza kuko rifite
umusaruro kandi n’isoko rirahari;
• Ikindi kandi n’uko n’ubwo ari umushinga mushya Inyigo y’uyu
mushinga igaragaza urwunguko kandi ruhagije;
• Kugura ibikoresho no kongera amata yo gutunganya
bizongera umusaruro kandi biheshe umushinga icyizere muri
Banki. Usibye no kongera ubushobozi, Rwiyemezamirimo
arateganya gufungura utuduka hirya no hino muri Kigali
n’ahandi.
MURAKOZE!